WHERE IS THE BODY

Services

Guhindura imitekerereze y’urubyiruko cyane cyane ku mahirwe ari mu buhinzi bworozi by’umwuga biganisha mu guhanga imirimo no guteza imbere ubukungu, Guharanira iterambere no kuzamura urubyiruko mu rwego. rw’ubuhinzi/bworozi n’imirimo ibukomokaho ku rwego rw’igihugu ndetse no ku rwego mpuzamahanga, Korohereza no gufatanya n’urubyiruko rukora umwuga mu rwego rw’ubuhinzi mu gihugu hose; Kugenzura niba amasezerano mpuzamahanga n’amasezerano rusange agenga urwego rw’ubuhinzi bikurikizwa mu bikorwa by’urubyiruko ruri mu buhinzi bworozi n’imirimo ibukomokaho

Imikino Iyobokamana Amakuru ku Rwanda

Urukundo Ubuzima Kwamamaza. Amateka Cinema Ikoranabuhanga Ubukungu Abantu Indirimbo Abahanzi byose muzajya mu bisanga hano. Hari icyo ubuze aha tumenyeshe tugushyirireho.

Umupira w'amaguru mu Rwanda urakunzwe cyane.

Kugeza magingo aya, nta nkuru y’impamo itwemeza umunsi nyawo umupira w’amaguru wagereye mu Rwanda. Gusa dukurikije inyandiko zatangajwe na bamwe mu bakurambere bacu;

Umukinnyi hamwe n'umutoza we mu ki buga cy'umupira

bemeza ko uwo mukino w’umupira w’amaguru mu Rwanda wazanywe n’abamisiyoneri b’abadage ku ngoma y’umwami MUSINGA wategetse u Rwanda kuva mu w’i 1896 kugeza 1931.

Imbino nyarwanda mwitorero. ku urubyiniro.

Itorero ryitwa Umurage riba muri Montreal ho muri Canada ryateguye igitaramo bise “Inkera y’Iwacu” cy’imbyino, umudiho, indirimbo no gususuruka bya Kinyarwanda.

We can bounce back against Lesotho, says Nzamukosha

Rwanda women’s volleyball team left attacker Olive Nzamukosha admits Kenya were tough to beat in the opening game of the Women’s African Volleyball championship on Wednesday but she insists her team can quickly come back to winning ways against Lesotho on Thursday.

Despite a shaky second set that saw Rwanda’s strong serves trouble the Kenyan opponent.

Captain Valentine Munezero called for her teammates to give their best against Lesotho so they can register their first three points.

Scroll to Top